Hari uburyo bwinshi butandukanye abantu b’igitsina gore
bagaragarizamo ko bakeneye gukora imibonano mpuzabitsina cyane cyane
igihe bari kumwe n’abo bakundana kuko akenshi bibatera isoni kuba
umukobwa yabwira umuhungu ko yumva ashaka ko bagira icyo bakora.
Akenshi
iyo umukobwa yumva akeneye umuhungu ntabasha kubimubwira mu magambo
ahubwo agerageza gukora ibimenyetso bishobora kumwereka ko abishaka:
1. Guhindura indoro
Indoro ni kimwe mu bimenyetso abantu b’igitsina gore bakoresha cyane
yaba umukobwa cyangwa umugore igihe yumva yifuza umugabo ugasanga areba
ateretse amaso ukuntu kuburyo iyo ndoro iri bukurure umugabo nawe
akabona ko ari ngombwa.
2. Kugukorakoraho
Iyo umugore akeneye umugabo atangira kumukorakora ku bice
bitandukanye by’umubiri kandi akareba ibyo akoraho umugabo akumva vuba
kuburyo nawe bihita bimuzamo dore ko akenshi umugabo aba we yabishatse
kare.
3. Kukuryamaho
Nubona umugore akwiryamishaho cyane uzahite umenya ikibazo afite
nibiba ari ngombwa ugikemure kuko burya aba akomerewe. Aha ariko
ndibanda cyane ku bashakanye.
4. Guhindura imyambarire
Ibi bikunda gukora umugore mu rugo rwe aho acunga umugabo agiye
kugera mu rugo agahita agerageza kwikoraho akambara utwenda dukeye kandi
tugaragaza ibice bimwe na bimwe by’umubiri we azi ko bishobora gukurura
umugabo we.
5. Gutegura ameza mu buryo budasanzwe
Ibi nabyo bikorwa akenshi n’umugore utegurira umugabo we kandi akajya
kugaburira umugabo we yambaye kwa kundi twavuze haruguru kugirango
umugabo yishimire uburyo yateguriwe maze aze kuva ku meza yumva hari
icyahindutse mu mubiri.
6. Gusasa neza
Umugabo iyo ageze mu cyumba aryamamo n’umugore we akabona gishashe
neza bimutera kumva ashatse kuryama kabone n’ubwo ataba yari yabiteguye.
Akenshi rero ahita ahamagara umugore kugirango basangire ibyishimo
yatewe n’ubwo buriri.
Ibi bimenyetso byose rero ntibipfa kwizana gutyo gusa, wowe nubibona
uri umugabo uzamenye icyo gukora. Ku basore n’inkumi ni ibyo kwitondera
kuko bishobora kuba ari umutego umukobwa yateze umusore kugirango
babikore kubera inyungu umukobwa ashobora kuba abifitem
this website is here to help people to find things easily on internet and know things related to entertainment
Friday, August 30, 2013
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n'i Burayi haba umuco ko
iyo abageni bakoze ubukwe bagomba kubyina indirimbo imwe bihitiyemo mu
gufungura ku mugaragaro ibirori byo gutaha urugo rushya.
Dore bamwe mu byamamare ku isi bakoze uyu muhango n’amafoto yabo y’ubukwe.
Michelle na Barack Obama babyinnye You and I ya Stevie Wonder
Fergie, Black Eyed Peas na Josh Duhamel ukina filime babyinnye Sweethearts Together ya Rolling Stones
Victoria na David Beckham babyinnye It Had To Be You ya Frank Sinatra
Beyonce na Jay Z babyinnye crazy in Love yabo bombi
Mark Zuckerberg (facebook) na Priscilla Chan babyinnye Last night ya Green Day
Channing Tatum na Jenna Dewan babyinnye Somewhere over the rainbow
Kate Midleton na William bo babyinnye Your Song ya Ellie Goulding
Justin Timberlake na Jessica Biel babyinnye A song for You ya Donny Hathaway
Nicole Kidman na Keith Urban umuririmbyi wa Country music babyinnye At Last ya Etta James
Dore bamwe mu byamamare ku isi bakoze uyu muhango n’amafoto yabo y’ubukwe.
Michelle na Barack Obama babyinnye You and I ya Stevie Wonder
Fergie, Black Eyed Peas na Josh Duhamel ukina filime babyinnye Sweethearts Together ya Rolling Stones
Victoria na David Beckham babyinnye It Had To Be You ya Frank Sinatra
Beyonce na Jay Z babyinnye crazy in Love yabo bombi
Mark Zuckerberg (facebook) na Priscilla Chan babyinnye Last night ya Green Day
Channing Tatum na Jenna Dewan babyinnye Somewhere over the rainbow
Kate Midleton na William bo babyinnye Your Song ya Ellie Goulding
Justin Timberlake na Jessica Biel babyinnye A song for You ya Donny Hathaway
Nicole Kidman na Keith Urban umuririmbyi wa Country music babyinnye At Last ya Etta James
Sunday, April 14, 2013
Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya uruhinja
Umugabo witwa Elie Mukundabantu araregwa kuba yarafashe ku ngufu akana k’agakobwa gafite umwaka umwe n’igice mu karere ka Ngoma, umurenge wa Sake, Akagali ka Kibonde mu ma saa saba z’amanywa, taliki ya 12 Mata 2013.
Polisi ku rubuga rwayo yatangaje ko Mukundabantu yafashe urwo ruhinja atumye undi mwana bavukana bari kumwe kumugurira itabi, ahita afata rwa ruhinja ku ngufu.
Uwo mugabo yatahuwe ubwo umugenzi wihitiraga yumvise akana karira, agezeyo asanga ishyano ryabaye abibwira abaturanyi nabo baratabara baramufata bamushyikiriza Polisi. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibungo.
Ababyeyi b’urwo ruhinja ntibari mu rugo, abaturanyi nibo bahise bajyana urwo ruhinja ku bitaro bya Kibungo.
Supt. Victor Rubamba, ukuriye akarere ka Ngoma, yamaganye icyo gikorwa cy’ubunyamaswa kigayitse cyane,
Aramutse ahamwe n’icyo cyaha yahanishwa ingingo ya 191 yo mu gitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda , aho avuga ko “Umuntu wese usambanyije umwana, ahanishwa igifungo cya burundu cy’umwihariko
Polisi ku rubuga rwayo yatangaje ko Mukundabantu yafashe urwo ruhinja atumye undi mwana bavukana bari kumwe kumugurira itabi, ahita afata rwa ruhinja ku ngufu.
Uwo mugabo yatahuwe ubwo umugenzi wihitiraga yumvise akana karira, agezeyo asanga ishyano ryabaye abibwira abaturanyi nabo baratabara baramufata bamushyikiriza Polisi. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibungo.
Ababyeyi b’urwo ruhinja ntibari mu rugo, abaturanyi nibo bahise bajyana urwo ruhinja ku bitaro bya Kibungo.
Supt. Victor Rubamba, ukuriye akarere ka Ngoma, yamaganye icyo gikorwa cy’ubunyamaswa kigayitse cyane,
Aramutse ahamwe n’icyo cyaha yahanishwa ingingo ya 191 yo mu gitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda , aho avuga ko “Umuntu wese usambanyije umwana, ahanishwa igifungo cya burundu cy’umwihariko
Subscribe to:
Posts (Atom)