Hari uburyo bwinshi butandukanye abantu b’igitsina gore
bagaragarizamo ko bakeneye gukora imibonano mpuzabitsina cyane cyane
igihe bari kumwe n’abo bakundana kuko akenshi bibatera isoni kuba
umukobwa yabwira umuhungu ko yumva ashaka ko bagira icyo bakora.
Akenshi
iyo umukobwa yumva akeneye umuhungu ntabasha kubimubwira mu magambo
ahubwo agerageza gukora ibimenyetso bishobora kumwereka ko abishaka:
1. Guhindura indoro
Indoro ni kimwe mu bimenyetso abantu b’igitsina gore bakoresha cyane
yaba umukobwa cyangwa umugore igihe yumva yifuza umugabo ugasanga areba
ateretse amaso ukuntu kuburyo iyo ndoro iri bukurure umugabo nawe
akabona ko ari ngombwa.
2. Kugukorakoraho
Iyo umugore akeneye umugabo atangira kumukorakora ku bice
bitandukanye by’umubiri kandi akareba ibyo akoraho umugabo akumva vuba
kuburyo nawe bihita bimuzamo dore ko akenshi umugabo aba we yabishatse
kare.
3. Kukuryamaho
Nubona umugore akwiryamishaho cyane uzahite umenya ikibazo afite
nibiba ari ngombwa ugikemure kuko burya aba akomerewe. Aha ariko
ndibanda cyane ku bashakanye.
4. Guhindura imyambarire
Ibi bikunda gukora umugore mu rugo rwe aho acunga umugabo agiye
kugera mu rugo agahita agerageza kwikoraho akambara utwenda dukeye kandi
tugaragaza ibice bimwe na bimwe by’umubiri we azi ko bishobora gukurura
umugabo we.
5. Gutegura ameza mu buryo budasanzwe
Ibi nabyo bikorwa akenshi n’umugore utegurira umugabo we kandi akajya
kugaburira umugabo we yambaye kwa kundi twavuze haruguru kugirango
umugabo yishimire uburyo yateguriwe maze aze kuva ku meza yumva hari
icyahindutse mu mubiri.
6. Gusasa neza
Umugabo iyo ageze mu cyumba aryamamo n’umugore we akabona gishashe
neza bimutera kumva ashatse kuryama kabone n’ubwo ataba yari yabiteguye.
Akenshi rero ahita ahamagara umugore kugirango basangire ibyishimo
yatewe n’ubwo buriri.
Ibi bimenyetso byose rero ntibipfa kwizana gutyo gusa, wowe nubibona
uri umugabo uzamenye icyo gukora. Ku basore n’inkumi ni ibyo kwitondera
kuko bishobora kuba ari umutego umukobwa yateze umusore kugirango
babikore kubera inyungu umukobwa ashobora kuba abifitem
No comments:
Post a Comment