this website is here to help people to find things easily on internet and know things related to entertainment
Friday, August 30, 2013
Hari uburyo bwinshi butandukanye abantu b’igitsina gore
bagaragarizamo ko bakeneye gukora imibonano mpuzabitsina cyane cyane
igihe bari kumwe n’abo bakundana kuko akenshi bibatera isoni kuba
umukobwa yabwira umuhungu ko yumva ashaka ko bagira icyo bakora.
Akenshi iyo umukobwa yumva akeneye umuhungu ntabasha kubimubwira mu magambo ahubwo agerageza gukora ibimenyetso bishobora kumwereka ko abishaka:
1. Guhindura indoro
Indoro ni kimwe mu bimenyetso abantu b’igitsina gore bakoresha cyane yaba umukobwa cyangwa umugore igihe yumva yifuza umugabo ugasanga areba ateretse amaso ukuntu kuburyo iyo ndoro iri bukurure umugabo nawe akabona ko ari ngombwa.
2. Kugukorakoraho
Iyo umugore akeneye umugabo atangira kumukorakora ku bice bitandukanye by’umubiri kandi akareba ibyo akoraho umugabo akumva vuba kuburyo nawe bihita bimuzamo dore ko akenshi umugabo aba we yabishatse kare.
3. Kukuryamaho
Nubona umugore akwiryamishaho cyane uzahite umenya ikibazo afite nibiba ari ngombwa ugikemure kuko burya aba akomerewe. Aha ariko ndibanda cyane ku bashakanye.
4. Guhindura imyambarire
Ibi bikunda gukora umugore mu rugo rwe aho acunga umugabo agiye kugera mu rugo agahita agerageza kwikoraho akambara utwenda dukeye kandi tugaragaza ibice bimwe na bimwe by’umubiri we azi ko bishobora gukurura umugabo we.
5. Gutegura ameza mu buryo budasanzwe
Ibi nabyo bikorwa akenshi n’umugore utegurira umugabo we kandi akajya kugaburira umugabo we yambaye kwa kundi twavuze haruguru kugirango umugabo yishimire uburyo yateguriwe maze aze kuva ku meza yumva hari icyahindutse mu mubiri.
6. Gusasa neza
Umugabo iyo ageze mu cyumba aryamamo n’umugore we akabona gishashe neza bimutera kumva ashatse kuryama kabone n’ubwo ataba yari yabiteguye. Akenshi rero ahita ahamagara umugore kugirango basangire ibyishimo yatewe n’ubwo buriri.
Ibi bimenyetso byose rero ntibipfa kwizana gutyo gusa, wowe nubibona uri umugabo uzamenye icyo gukora. Ku basore n’inkumi ni ibyo kwitondera kuko bishobora kuba ari umutego umukobwa yateze umusore kugirango babikore kubera inyungu umukobwa ashobora kuba abifitem
Akenshi iyo umukobwa yumva akeneye umuhungu ntabasha kubimubwira mu magambo ahubwo agerageza gukora ibimenyetso bishobora kumwereka ko abishaka:
1. Guhindura indoro
Indoro ni kimwe mu bimenyetso abantu b’igitsina gore bakoresha cyane yaba umukobwa cyangwa umugore igihe yumva yifuza umugabo ugasanga areba ateretse amaso ukuntu kuburyo iyo ndoro iri bukurure umugabo nawe akabona ko ari ngombwa.
2. Kugukorakoraho
Iyo umugore akeneye umugabo atangira kumukorakora ku bice bitandukanye by’umubiri kandi akareba ibyo akoraho umugabo akumva vuba kuburyo nawe bihita bimuzamo dore ko akenshi umugabo aba we yabishatse kare.
3. Kukuryamaho
Nubona umugore akwiryamishaho cyane uzahite umenya ikibazo afite nibiba ari ngombwa ugikemure kuko burya aba akomerewe. Aha ariko ndibanda cyane ku bashakanye.
4. Guhindura imyambarire
Ibi bikunda gukora umugore mu rugo rwe aho acunga umugabo agiye kugera mu rugo agahita agerageza kwikoraho akambara utwenda dukeye kandi tugaragaza ibice bimwe na bimwe by’umubiri we azi ko bishobora gukurura umugabo we.
5. Gutegura ameza mu buryo budasanzwe
Ibi nabyo bikorwa akenshi n’umugore utegurira umugabo we kandi akajya kugaburira umugabo we yambaye kwa kundi twavuze haruguru kugirango umugabo yishimire uburyo yateguriwe maze aze kuva ku meza yumva hari icyahindutse mu mubiri.
6. Gusasa neza
Umugabo iyo ageze mu cyumba aryamamo n’umugore we akabona gishashe neza bimutera kumva ashatse kuryama kabone n’ubwo ataba yari yabiteguye. Akenshi rero ahita ahamagara umugore kugirango basangire ibyishimo yatewe n’ubwo buriri.
Ibi bimenyetso byose rero ntibipfa kwizana gutyo gusa, wowe nubibona uri umugabo uzamenye icyo gukora. Ku basore n’inkumi ni ibyo kwitondera kuko bishobora kuba ari umutego umukobwa yateze umusore kugirango babikore kubera inyungu umukobwa ashobora kuba abifitem
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n'i Burayi haba umuco ko
iyo abageni bakoze ubukwe bagomba kubyina indirimbo imwe bihitiyemo mu
gufungura ku mugaragaro ibirori byo gutaha urugo rushya.
Dore bamwe mu byamamare ku isi bakoze uyu muhango n’amafoto yabo y’ubukwe.
Michelle na Barack Obama babyinnye You and I ya Stevie Wonder
Fergie, Black Eyed Peas na Josh Duhamel ukina filime babyinnye Sweethearts Together ya Rolling Stones
Victoria na David Beckham babyinnye It Had To Be You ya Frank Sinatra
Beyonce na Jay Z babyinnye crazy in Love yabo bombi
Mark Zuckerberg (facebook) na Priscilla Chan babyinnye Last night ya Green Day
Channing Tatum na Jenna Dewan babyinnye Somewhere over the rainbow
Kate Midleton na William bo babyinnye Your Song ya Ellie Goulding
Justin Timberlake na Jessica Biel babyinnye A song for You ya Donny Hathaway
Nicole Kidman na Keith Urban umuririmbyi wa Country music babyinnye At Last ya Etta James
Dore bamwe mu byamamare ku isi bakoze uyu muhango n’amafoto yabo y’ubukwe.
Michelle na Barack Obama babyinnye You and I ya Stevie Wonder
Fergie, Black Eyed Peas na Josh Duhamel ukina filime babyinnye Sweethearts Together ya Rolling Stones
Victoria na David Beckham babyinnye It Had To Be You ya Frank Sinatra
Beyonce na Jay Z babyinnye crazy in Love yabo bombi
Mark Zuckerberg (facebook) na Priscilla Chan babyinnye Last night ya Green Day
Channing Tatum na Jenna Dewan babyinnye Somewhere over the rainbow
Kate Midleton na William bo babyinnye Your Song ya Ellie Goulding
Justin Timberlake na Jessica Biel babyinnye A song for You ya Donny Hathaway
Nicole Kidman na Keith Urban umuririmbyi wa Country music babyinnye At Last ya Etta James
Subscribe to:
Posts (Atom)