this website is here to help people to find things easily on internet and know things related to entertainment
Friday, August 30, 2013
Hari uburyo bwinshi butandukanye abantu b’igitsina gore
bagaragarizamo ko bakeneye gukora imibonano mpuzabitsina cyane cyane
igihe bari kumwe n’abo bakundana kuko akenshi bibatera isoni kuba
umukobwa yabwira umuhungu ko yumva ashaka ko bagira icyo bakora.
Akenshi iyo umukobwa yumva akeneye umuhungu ntabasha kubimubwira mu magambo ahubwo agerageza gukora ibimenyetso bishobora kumwereka ko abishaka:
1. Guhindura indoro
Indoro ni kimwe mu bimenyetso abantu b’igitsina gore bakoresha cyane yaba umukobwa cyangwa umugore igihe yumva yifuza umugabo ugasanga areba ateretse amaso ukuntu kuburyo iyo ndoro iri bukurure umugabo nawe akabona ko ari ngombwa.
2. Kugukorakoraho
Iyo umugore akeneye umugabo atangira kumukorakora ku bice bitandukanye by’umubiri kandi akareba ibyo akoraho umugabo akumva vuba kuburyo nawe bihita bimuzamo dore ko akenshi umugabo aba we yabishatse kare.
3. Kukuryamaho
Nubona umugore akwiryamishaho cyane uzahite umenya ikibazo afite nibiba ari ngombwa ugikemure kuko burya aba akomerewe. Aha ariko ndibanda cyane ku bashakanye.
4. Guhindura imyambarire
Ibi bikunda gukora umugore mu rugo rwe aho acunga umugabo agiye kugera mu rugo agahita agerageza kwikoraho akambara utwenda dukeye kandi tugaragaza ibice bimwe na bimwe by’umubiri we azi ko bishobora gukurura umugabo we.
5. Gutegura ameza mu buryo budasanzwe
Ibi nabyo bikorwa akenshi n’umugore utegurira umugabo we kandi akajya kugaburira umugabo we yambaye kwa kundi twavuze haruguru kugirango umugabo yishimire uburyo yateguriwe maze aze kuva ku meza yumva hari icyahindutse mu mubiri.
6. Gusasa neza
Umugabo iyo ageze mu cyumba aryamamo n’umugore we akabona gishashe neza bimutera kumva ashatse kuryama kabone n’ubwo ataba yari yabiteguye. Akenshi rero ahita ahamagara umugore kugirango basangire ibyishimo yatewe n’ubwo buriri.
Ibi bimenyetso byose rero ntibipfa kwizana gutyo gusa, wowe nubibona uri umugabo uzamenye icyo gukora. Ku basore n’inkumi ni ibyo kwitondera kuko bishobora kuba ari umutego umukobwa yateze umusore kugirango babikore kubera inyungu umukobwa ashobora kuba abifitem
Akenshi iyo umukobwa yumva akeneye umuhungu ntabasha kubimubwira mu magambo ahubwo agerageza gukora ibimenyetso bishobora kumwereka ko abishaka:
1. Guhindura indoro
Indoro ni kimwe mu bimenyetso abantu b’igitsina gore bakoresha cyane yaba umukobwa cyangwa umugore igihe yumva yifuza umugabo ugasanga areba ateretse amaso ukuntu kuburyo iyo ndoro iri bukurure umugabo nawe akabona ko ari ngombwa.
2. Kugukorakoraho
Iyo umugore akeneye umugabo atangira kumukorakora ku bice bitandukanye by’umubiri kandi akareba ibyo akoraho umugabo akumva vuba kuburyo nawe bihita bimuzamo dore ko akenshi umugabo aba we yabishatse kare.
3. Kukuryamaho
Nubona umugore akwiryamishaho cyane uzahite umenya ikibazo afite nibiba ari ngombwa ugikemure kuko burya aba akomerewe. Aha ariko ndibanda cyane ku bashakanye.
4. Guhindura imyambarire
Ibi bikunda gukora umugore mu rugo rwe aho acunga umugabo agiye kugera mu rugo agahita agerageza kwikoraho akambara utwenda dukeye kandi tugaragaza ibice bimwe na bimwe by’umubiri we azi ko bishobora gukurura umugabo we.
5. Gutegura ameza mu buryo budasanzwe
Ibi nabyo bikorwa akenshi n’umugore utegurira umugabo we kandi akajya kugaburira umugabo we yambaye kwa kundi twavuze haruguru kugirango umugabo yishimire uburyo yateguriwe maze aze kuva ku meza yumva hari icyahindutse mu mubiri.
6. Gusasa neza
Umugabo iyo ageze mu cyumba aryamamo n’umugore we akabona gishashe neza bimutera kumva ashatse kuryama kabone n’ubwo ataba yari yabiteguye. Akenshi rero ahita ahamagara umugore kugirango basangire ibyishimo yatewe n’ubwo buriri.
Ibi bimenyetso byose rero ntibipfa kwizana gutyo gusa, wowe nubibona uri umugabo uzamenye icyo gukora. Ku basore n’inkumi ni ibyo kwitondera kuko bishobora kuba ari umutego umukobwa yateze umusore kugirango babikore kubera inyungu umukobwa ashobora kuba abifitem
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n'i Burayi haba umuco ko
iyo abageni bakoze ubukwe bagomba kubyina indirimbo imwe bihitiyemo mu
gufungura ku mugaragaro ibirori byo gutaha urugo rushya.
Dore bamwe mu byamamare ku isi bakoze uyu muhango n’amafoto yabo y’ubukwe.
Michelle na Barack Obama babyinnye You and I ya Stevie Wonder
Fergie, Black Eyed Peas na Josh Duhamel ukina filime babyinnye Sweethearts Together ya Rolling Stones
Victoria na David Beckham babyinnye It Had To Be You ya Frank Sinatra
Beyonce na Jay Z babyinnye crazy in Love yabo bombi
Mark Zuckerberg (facebook) na Priscilla Chan babyinnye Last night ya Green Day
Channing Tatum na Jenna Dewan babyinnye Somewhere over the rainbow
Kate Midleton na William bo babyinnye Your Song ya Ellie Goulding
Justin Timberlake na Jessica Biel babyinnye A song for You ya Donny Hathaway
Nicole Kidman na Keith Urban umuririmbyi wa Country music babyinnye At Last ya Etta James
Dore bamwe mu byamamare ku isi bakoze uyu muhango n’amafoto yabo y’ubukwe.
Michelle na Barack Obama babyinnye You and I ya Stevie Wonder
Fergie, Black Eyed Peas na Josh Duhamel ukina filime babyinnye Sweethearts Together ya Rolling Stones
Victoria na David Beckham babyinnye It Had To Be You ya Frank Sinatra
Beyonce na Jay Z babyinnye crazy in Love yabo bombi
Mark Zuckerberg (facebook) na Priscilla Chan babyinnye Last night ya Green Day
Channing Tatum na Jenna Dewan babyinnye Somewhere over the rainbow
Kate Midleton na William bo babyinnye Your Song ya Ellie Goulding
Justin Timberlake na Jessica Biel babyinnye A song for You ya Donny Hathaway
Nicole Kidman na Keith Urban umuririmbyi wa Country music babyinnye At Last ya Etta James
Sunday, April 14, 2013
Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya uruhinja
Umugabo witwa Elie Mukundabantu araregwa kuba yarafashe ku ngufu akana k’agakobwa gafite umwaka umwe n’igice mu karere ka Ngoma, umurenge wa Sake, Akagali ka Kibonde mu ma saa saba z’amanywa, taliki ya 12 Mata 2013.
Polisi ku rubuga rwayo yatangaje ko Mukundabantu yafashe urwo ruhinja atumye undi mwana bavukana bari kumwe kumugurira itabi, ahita afata rwa ruhinja ku ngufu.
Uwo mugabo yatahuwe ubwo umugenzi wihitiraga yumvise akana karira, agezeyo asanga ishyano ryabaye abibwira abaturanyi nabo baratabara baramufata bamushyikiriza Polisi. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibungo.
Ababyeyi b’urwo ruhinja ntibari mu rugo, abaturanyi nibo bahise bajyana urwo ruhinja ku bitaro bya Kibungo.
Supt. Victor Rubamba, ukuriye akarere ka Ngoma, yamaganye icyo gikorwa cy’ubunyamaswa kigayitse cyane,
Aramutse ahamwe n’icyo cyaha yahanishwa ingingo ya 191 yo mu gitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda , aho avuga ko “Umuntu wese usambanyije umwana, ahanishwa igifungo cya burundu cy’umwihariko
Polisi ku rubuga rwayo yatangaje ko Mukundabantu yafashe urwo ruhinja atumye undi mwana bavukana bari kumwe kumugurira itabi, ahita afata rwa ruhinja ku ngufu.
Uwo mugabo yatahuwe ubwo umugenzi wihitiraga yumvise akana karira, agezeyo asanga ishyano ryabaye abibwira abaturanyi nabo baratabara baramufata bamushyikiriza Polisi. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibungo.
Ababyeyi b’urwo ruhinja ntibari mu rugo, abaturanyi nibo bahise bajyana urwo ruhinja ku bitaro bya Kibungo.
Supt. Victor Rubamba, ukuriye akarere ka Ngoma, yamaganye icyo gikorwa cy’ubunyamaswa kigayitse cyane,
Aramutse ahamwe n’icyo cyaha yahanishwa ingingo ya 191 yo mu gitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda , aho avuga ko “Umuntu wese usambanyije umwana, ahanishwa igifungo cya burundu cy’umwihariko
Saturday, April 6, 2013
Dore impano nto cyane kandi zoroshye kubona waha umukunzi wawe zikamukora ku mutima akajya aguhoza mu bitekerezo
5
0
0
Posted: April 6, 2013
Gutanga impano biba byiza ariko kandi igishimisha cyane ni
ukuyihabwa. Mu buzima bwacu bwa buri munsi tujya tugira igihe twumva
ari ngombwa gutanga impano nko mu makwe cyangwa mu bindi birori
bitandukanye ariko izi mpano ngiye kukubwira zitandukanye cyane
n’izisanzwe kuko zifite umwihariko.
Iyo ufite umukunzi ni ngombwa ko umugenera impano kuko burya biba bifite icyo bisobanuye ku byerekeye urukundo rwanyu kuko udashobora kwitora ngo upfe gutekereza gutanga impano gutyo gusa.Zimwe muri izi mpano nuzikoresha bizagufasha mu rukundo rwanyu.
1.Gutanga indabo: Ururabo ni kimwe mu bimenyetso by’urukundo,iyo uhaye um ukunzi wawe ururabo bigatuma akwitaho cyaneatekereza impamvu umuhaye akantu keza nk’ako cyane cyane gafite ibara asanzwe akunda akaba ari nayoimpamvu ugomba guhitamo ibara uzi ko akunda.Ibi bizatuma igihe cyose arubonye agutekereza.
2.Kumuha ishusho cg umutako: Umukunzi wawe numuha ishusho uzamwandikireho n’amagambo y’urukundo maze niyakira ya shusho agasoma n’utwo tugambo twiza wamubwiye bizamutera kumva ko ibyo umukorera biba bivuye ku mutima kandi ko uzi ibyo ukora bityo atangire kubona ko umuha umwamya munini wo kumwitaho.
3. Kumuha akantu ko kwambara: iyo uhaye inshuti yawe akantu gatooashobora kwambara nk’urugero ukamugurira udukomo,isaha,impeta cyangwa akandi kant ubona keza kandi akunda;ibi nabyo bimufasha kumva uri hafi ye kuko iyo agiye kwambara ka kntu yumva ari nkaho yaba ari wowe muri kumwe.
4. Kumworerereza ubutumwa bugufi buri joro: Ibi uzabigire nk’itegeko kuko iyi nayo ni impano ikomeye ku mukunzinwawe.Iyo umwifurije ijoro ryiza akenshi arakurota mu nzozi ze za buri gihe kandi iyo arebye muri telephone ye akabona ubutumwa bwawe bimutera kumva ko hari umwitayeho,bityo nawe akumva ko hari icyo agomba gukora ndetse n’iyo bitamuzagamo neza hari icyiyongera ku byari bisanzwe.
Nyamuneka mujye mwita ku bakunzi banyu kugirango bibafashe urukundo rwanyu rurusheho gukomera kandi rushinge imizi bityo ruzabashe kwera imbuto nziza. Bene ibi iyo ubikurikije nibwo wumva koko uburyohe nyabwo bw’urukundo.
Iyo ufite umukunzi ni ngombwa ko umugenera impano kuko burya biba bifite icyo bisobanuye ku byerekeye urukundo rwanyu kuko udashobora kwitora ngo upfe gutekereza gutanga impano gutyo gusa.Zimwe muri izi mpano nuzikoresha bizagufasha mu rukundo rwanyu.
1.Gutanga indabo: Ururabo ni kimwe mu bimenyetso by’urukundo,iyo uhaye um ukunzi wawe ururabo bigatuma akwitaho cyaneatekereza impamvu umuhaye akantu keza nk’ako cyane cyane gafite ibara asanzwe akunda akaba ari nayoimpamvu ugomba guhitamo ibara uzi ko akunda.Ibi bizatuma igihe cyose arubonye agutekereza.
2.Kumuha ishusho cg umutako: Umukunzi wawe numuha ishusho uzamwandikireho n’amagambo y’urukundo maze niyakira ya shusho agasoma n’utwo tugambo twiza wamubwiye bizamutera kumva ko ibyo umukorera biba bivuye ku mutima kandi ko uzi ibyo ukora bityo atangire kubona ko umuha umwamya munini wo kumwitaho.
3. Kumuha akantu ko kwambara: iyo uhaye inshuti yawe akantu gatooashobora kwambara nk’urugero ukamugurira udukomo,isaha,impeta cyangwa akandi kant ubona keza kandi akunda;ibi nabyo bimufasha kumva uri hafi ye kuko iyo agiye kwambara ka kntu yumva ari nkaho yaba ari wowe muri kumwe.
4. Kumworerereza ubutumwa bugufi buri joro: Ibi uzabigire nk’itegeko kuko iyi nayo ni impano ikomeye ku mukunzinwawe.Iyo umwifurije ijoro ryiza akenshi arakurota mu nzozi ze za buri gihe kandi iyo arebye muri telephone ye akabona ubutumwa bwawe bimutera kumva ko hari umwitayeho,bityo nawe akumva ko hari icyo agomba gukora ndetse n’iyo bitamuzagamo neza hari icyiyongera ku byari bisanzwe.
Nyamuneka mujye mwita ku bakunzi banyu kugirango bibafashe urukundo rwanyu rurusheho gukomera kandi rushinge imizi bityo ruzabashe kwera imbuto nziza. Bene ibi iyo ubikurikije nibwo wumva koko uburyohe nyabwo bw’urukundo.
Dore impano nto cyane kandi zoroshye kubona waha umukunzi wawe zikamukora ku mutima akajya aguhoza mu bitekerezo
5
0
0
Posted: April 6, 2013
Gutanga impano biba byiza ariko kandi igishimisha cyane ni
ukuyihabwa. Mu buzima bwacu bwa buri munsi tujya tugira igihe twumva
ari ngombwa gutanga impano nko mu makwe cyangwa mu bindi birori
bitandukanye ariko izi mpano ngiye kukubwira zitandukanye cyane
n’izisanzwe kuko zifite umwihariko.
Iyo ufite umukunzi ni ngombwa ko umugenera impano kuko burya biba bifite icyo bisobanuye ku byerekeye urukundo rwanyu kuko udashobora kwitora ngo upfe gutekereza gutanga impano gutyo gusa.Zimwe muri izi mpano nuzikoresha bizagufasha mu rukundo rwanyu.
1.Gutanga indabo: Ururabo ni kimwe mu bimenyetso by’urukundo,iyo uhaye um ukunzi wawe ururabo bigatuma akwitaho cyaneatekereza impamvu umuhaye akantu keza nk’ako cyane cyane gafite ibara asanzwe akunda akaba ari nayoimpamvu ugomba guhitamo ibara uzi ko akunda.Ibi bizatuma igihe cyose arubonye agutekereza.
2.Kumuha ishusho cg umutako: Umukunzi wawe numuha ishusho uzamwandikireho n’amagambo y’urukundo maze niyakira ya shusho agasoma n’utwo tugambo twiza wamubwiye bizamutera kumva ko ibyo umukorera biba bivuye ku mutima kandi ko uzi ibyo ukora bityo atangire kubona ko umuha umwamya munini wo kumwitaho.
3. Kumuha akantu ko kwambara: iyo uhaye inshuti yawe akantu gatooashobora kwambara nk’urugero ukamugurira udukomo,isaha,impeta cyangwa akandi kant ubona keza kandi akunda;ibi nabyo bimufasha kumva uri hafi ye kuko iyo agiye kwambara ka kntu yumva ari nkaho yaba ari wowe muri kumwe.
4. Kumworerereza ubutumwa bugufi buri joro: Ibi uzabigire nk’itegeko kuko iyi nayo ni impano ikomeye ku mukunzinwawe.Iyo umwifurije ijoro ryiza akenshi arakurota mu nzozi ze za buri gihe kandi iyo arebye muri telephone ye akabona ubutumwa bwawe bimutera kumva ko hari umwitayeho,bityo nawe akumva ko hari icyo agomba gukora ndetse n’iyo bitamuzagamo neza hari icyiyongera ku byari bisanzwe.
Nyamuneka mujye mwita ku bakunzi banyu kugirango bibafashe urukundo rwanyu rurusheho gukomera kandi rushinge imizi bityo ruzabashe kwera imbuto nziza. Bene ibi iyo ubikurikije nibwo wumva koko uburyohe nyabwo bw’urukundo.
Iyo ufite umukunzi ni ngombwa ko umugenera impano kuko burya biba bifite icyo bisobanuye ku byerekeye urukundo rwanyu kuko udashobora kwitora ngo upfe gutekereza gutanga impano gutyo gusa.Zimwe muri izi mpano nuzikoresha bizagufasha mu rukundo rwanyu.
1.Gutanga indabo: Ururabo ni kimwe mu bimenyetso by’urukundo,iyo uhaye um ukunzi wawe ururabo bigatuma akwitaho cyaneatekereza impamvu umuhaye akantu keza nk’ako cyane cyane gafite ibara asanzwe akunda akaba ari nayoimpamvu ugomba guhitamo ibara uzi ko akunda.Ibi bizatuma igihe cyose arubonye agutekereza.
2.Kumuha ishusho cg umutako: Umukunzi wawe numuha ishusho uzamwandikireho n’amagambo y’urukundo maze niyakira ya shusho agasoma n’utwo tugambo twiza wamubwiye bizamutera kumva ko ibyo umukorera biba bivuye ku mutima kandi ko uzi ibyo ukora bityo atangire kubona ko umuha umwamya munini wo kumwitaho.
3. Kumuha akantu ko kwambara: iyo uhaye inshuti yawe akantu gatooashobora kwambara nk’urugero ukamugurira udukomo,isaha,impeta cyangwa akandi kant ubona keza kandi akunda;ibi nabyo bimufasha kumva uri hafi ye kuko iyo agiye kwambara ka kntu yumva ari nkaho yaba ari wowe muri kumwe.
4. Kumworerereza ubutumwa bugufi buri joro: Ibi uzabigire nk’itegeko kuko iyi nayo ni impano ikomeye ku mukunzinwawe.Iyo umwifurije ijoro ryiza akenshi arakurota mu nzozi ze za buri gihe kandi iyo arebye muri telephone ye akabona ubutumwa bwawe bimutera kumva ko hari umwitayeho,bityo nawe akumva ko hari icyo agomba gukora ndetse n’iyo bitamuzagamo neza hari icyiyongera ku byari bisanzwe.
Nyamuneka mujye mwita ku bakunzi banyu kugirango bibafashe urukundo rwanyu rurusheho gukomera kandi rushinge imizi bityo ruzabashe kwera imbuto nziza. Bene ibi iyo ubikurikije nibwo wumva koko uburyohe nyabwo bw’urukundo.
Rick Ross arasaba imbabazi isi yose kubera indirimbo ye yamamaza ihohoterwa
Nk’uko byatangajwe na dailymail, uyu muraperi aranengwa cyane kubera ukuntu yitwaye muri iki kibazo. Rick Ross yavugaga ko abantu bumvise nabi amagambo yaririmbye mu ndirimbo ye "You Don't Even Know" nyamara ayageze nyuma aca bugufi asaba imbabazi.
Amagambo ya Rick Ross asaba imbabazi
Uyu muraperi w’imyaka 37 y’amavuko yamaze gukurwa amata ku munwa mu ikompanyi ya Reebok yakoreshaga isura ye mu bikorwa byo kwamamaza. Abantu batandukanye bakoresheje imbuga za interineti basabye ubuyobozi bw’iyo kompanyi guhagarika imikoranire yabo na ick Ross kubera imyitwarire ye idahwitse.
Amaze kubona ko ishyamba atari ryeru dore ko ntamuntu n’umwe wigeze ushyigikira amagambo uyu muraperi yakoresheje, yahise ajya kuri twitter asaba imbabazi abagore arangije asaba abakoranaga na we mu bikorwa byo kwamamaze kutamwirukana kuko yamaze kwemera ikosa no gusaba imbabazi.
Ni ku nshuro ya kabiri Rick Ross asabiwe kwirukanwa muri Reebok.
Mu minsi yashize ,Rick Ross yagiranye ikiganiro na Radio yo muri New Olreans, aho Lil wayne avuka, ashimangira ko indirimbo ye ntakintu na kimwe itwaye ahubwo ngo abantu bari bayumvise nabi.
Yamaze kwemera ikosa asaba imbabazi
Ati, “Ubundi umugore ni impano ikomeye y’umugabo. Abantu banyumvise nabi mu magambo yanjye, yabyumvise nabi”
You Don’t Eevn Know, ni indirimbo ya Rick Ross irimo amagambo yamamaza ihohoterwa rikorerwa abagore. Yaririmbye yivuga uburyo yahaye umwe mu bagore ibisindisha amutahana iwe mu rugo kugeza ubwo amurongora atabizi.
Subscribe to:
Posts (Atom)